gahunda y'itangazamakuru
05:30 - 06:00
Amakuru mu Gitondo
Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yahinduye itegeko Nshinga ihuza itora rya perezida n’iry’abagize inteko. Mu Burundi, impande ebyiri z'umugambwe Uprona ziyemeje kwongera gukorera hamwe nyuma y’imyaka 12. Muri Pakistani, urukiko rwategetse ko Imran Khan, afungwa by'agateganyo iminsi umunani
18:00 - 18:29
Amakuru y'Akarere
Abarobyi bo mu mujyi wa Uvira ntibishimiye ko Tanganyika ifungwa. Imiryango mpuzamahanga yita ku buzima ivuga ko hepatite ishobora kuba icyorezo mu myaka iri imbere. Naho perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko igihe kitaragera cyo kugaba igitero kinini mu duce Uburusiya bwigaruriye.