Mu Rwanda, leta iheruka gutangira gahunda yo kuvugurura itegeko rigenga abantu n’umuryango. Uyu mushinga w’itegeko ubaye umwe mu yavuzweho cyane kubera zimwe mu ngingo ziwugize. Murisanga yabatumiriye umunyamategeko Mukashema Marie Louise wo mw'Ihuriro ry'imiryango itanga ubufasha mu by'amategeko.