Uko wahagera

Iwanyu mu ntara


Iwanyu mu ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:56 0:00

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Umutwe wa 23 urwanya ubutegetsi uravuga ko nta mugambi ufite wo gufata umujyi wa Goma. Perezida wa Polonye, Andrzej Duda, uyu munsi arasura Kibeho.Mu rwego rwo kuvana akajagali n’umwanda mu mujyi Bujumbura, amagaraji akorera mu Buyenzi yarahagaritswe

XS
SM
MD
LG