Murisanga mu kiganiro ku mugambi wa leta y’u Rwanda wo kwimura abaturage ahantu hafatwa nk’abashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga. Uyu munsi twatumiye impuguke mu byerekeye ubumenyi bwo kubungabunga amazi no kwirinda ibibazo bituruka ku myuzure.
Murisanga mu kiganiro ku mugambi wa leta y’u Rwanda wo kwimura abaturage ahantu hafatwa nk’abashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga. Uyu munsi twatumiye impuguke mu byerekeye ubumenyi bwo kubungabunga amazi no kwirinda ibibazo bituruka ku myuzure.