Taliki 12 z’ukwezi kwa 6 mu mwaka wa 2002, umuryango mpuzamahanga wita ku murimo, watangije umunsi mpuzamahanga wo kurwanya ikoreshwa ry’abana mu mirimo ivunanye. Ikibazo cy’ikoreshwa ry’abana cyifashe gute aho muri? Ni gute mwumva cyakemuka? Ikiganiro Murisanga niho gishimikira.