gahunda y'itangazamakuru
16:00 - 16:59
Murisanga
Murisanga! Birazwi mu mico itandukanye ko ugiye gushinga urugo abanza kurambagiza. Mu muco wa Kinyarwanda hambere (cyangwa no muri iki gihe) hari uwitwa ‘umuranga’. Uyu ni we uranga umugeni mbere y’uko bajya kumusaba. Muri iki gihe cy'ikoranabuhanga umuranga ni ngombwa? Kubera iki? Ni byo tuganiraho
18:00 - 18:30
Amakuru y'Akarere
Mu Rwanda mu karere ka Musanze hateraniye inama yahuje urubyiruko ruturutse mu ma kaminuza atandukanye mu gihugu. Mu Burundi, umurwi CVR urateganya gutangiza ibikorwa byo kwumva ubuhamya ku bwicanyi bwabaye mu 1972. Umutwe w’abakekwa gukorana n’intagondwa za kiyisilamu, wishe abarenga 35 muri DRC.
19:30 - 19:59