Amakuru mu Gitondo (0330-0400 UTC): Amakuru agezweho mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Ijwi ry’Amerika kandi ribagezaho n’ibiganiro birambuye ku byabaye iwanyu aho mutuye, hafi y’aho mukorera ndetse no ku mashuri yanyu.
Iwanyu mu Ntara (1100-1130UTC): Ni ikiganiro c’umwihariko, gishimikira ku makuru avugwa mu ntara zitandukanye z’Uburundi n’u Rwanda, kidasize inyuma ayavugwa mu makambi yahungiyemwo impunzi z’Abarundi muri Afurika y’ibiyaga binini n’Afurika y’ubuseruko.
Murisanga (1400-1500 UTC): Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganire n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bifuza kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima bw'abantu.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangiye gusabira abacungagereza kuba bafunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 mu gihe bukibakoraho amaperereza ku byaha bubakurikiranyweho birimo ibifitanye isano na ruswa
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangiye gusabira abacungagereza kuba bafunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Amerika yahagaritse koherereza intwaro igihugu cya Isiraheli. Leta ya Kenya n'abaganga bumvikanye ku masezerano mashya abongerera umushahara.