gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Ubwongerza bwahaye u Rwanda miliyoni 100 z’amapawundi yiyongera kuri miliyoni 140 kugirango bujye bwoherezayo abasaba ubuhungiro Mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya RDC: Centre ya Mushaki yigaruriwe n’umurwe wa M23 Burundi: Ahakorerwa imirimo y’uburobyi mu Rumonge haravugwa isuku nke.
Amakuru y'Akarere
Burundi: Urukiko rwikirenga rwakatiye Bunyoni wahoze ari ministri w’intebe igifungo cya Burundu RDC: Abaturage ibihumbi bahunze ibitero bya Mai Mai Yakutumba na Bilozebishambuke mu Minembwe ho muri teritware ya Fizi Ubwongereza buracyohereza imari mu Rwanda kugirango ruzakire abimukira budashaka
Amakuru ku Mugoroba
Ubwongereza bwahaye u Rwanda andi mapawundi miliyoni ijana kugirango ruzakire abimukira. Iki kibazo cyateje impaka z'urudaca mu Bwongereza. Muri Kongo ubushita bukomoka ku nkende buriyongera. Roketi zarashwe kuri Ambasade y'Amerika i Baghdad, umurwa mukuru wa Iraki, kuri uyu wa gatanu.