gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane urukiko rukuru mu Rwanda ruteganya gutangaza icyemezo ku rubanza rw’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu Aimable Karasira Uzaramba.Ibyatungana impunzii ziba mu mu nkambi zitandukanye mu Burundi bizagabanuka kuri 50 kw’ijana kuba muri uku kwezi kwa kane.
16:00 - 16:59
Murisanga
“Ntiwemere Gupfa”– Iri ni Ijwi Mukanyiligira Dimitri Sisi yemeza ko yumvise riturutse imbere muri we ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yari irimbanije mu 1994. Abisobanura mu gitabo aheruka kwandika yitiriye iri jwi “Do Not Accept to Die” mu rurimi rw’Icyongereza. Ni byo tuganiraho.