gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Mu Rwanda hateraniye inama mpuzamahanga ku Kwibuka ku nshuro ya 30 jenoside yakorewe Abatutsi Perezida Emmanuel Macron aravuga ko Ubufaransa n’ibindi bihugu bakorana bashoboraga guhagarika jenoside yabaye mu Rwanda Imiryango itanga ubufasha muri Gaza iraburira ko kuhakorera bisa nk’ibitagishoboka
16:00 - 16:59
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Rwanda: i Kigali habereye inama mpuzamahanga kuri jenoside. Burundi: Frodebu iribuka Perezida Ntaryamira Cyprien waguye mu ndege ari kumwe n’uwari perezida w’u Rwanda Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Antony Blinken arasabira Ukraine inkunga itubutse kurushaho