gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
CEDEAO, yafatiye ibihano abahiritse ubutegetsi muri Niger OMS: Mu 2040 virusi ya Epatite ishobora kuzaba yica abantu benshi kurusha Virusi itera Sida, igituntu na malariya bose ubihurije hamwe Mu mikino y’igikombe cy’isi mu mumpira w’amaguru mu bagore muri Australia, Nigeria yakinnye na Irlande
Amakuru y'Akarere
Ikoraniro YALI ryatangiye uyu munsi hano i Washington D.C. Rihuje urubyiruko rugera kuri 700 barimo abarundi n'abanyarwanda.Isi yahariye uyu munsi umugore w’Umunyafrika. Muri Kongo, abagore baho bararira ayo kwarika.Naho ubutegetsi bushya bwa Nijeri buvuga ko Ubufaransa bushobora kubatera.
Amakuru ku Mugoroba
Mu Burundi, abacuruzi bo mu isoko ya Ruvumera mu mujyi wa Bujumbura bakoze imyigaragambyo yo guhagarika akazi. Mu Burundi kandi, abana barenga 3,000 bagurishijwe mu bihugu by’abaturanyi. Muri Nijeri, abasirikare bakoze kudeta barimo barata muri yombi abategetsi muri guverinoma bahiritse.