Donald Trump Yagiriwe n'Icaha i New York. Abakora imyiyerekano bongehe guhangana n'igiporisi muri kenya. Igiporisi muri Kenya kivuga ko kizi umugambi w'abagomba guhungabanya demokarasi
Ingabo za M23 zemeye kuva mu mujyi wa Bunagana ukagenzurwa n'iza EAC zivuye muri Uganda Impunzi ziva muri kongo zikomeje kwiyongera muri Tanzaniya Mu Rwanda batangije gahunda yo kurangiza imanza mu nzira y’ibiganiro mu rwego rwo kugabanya ubucucike muri za gereza.
#Murisanga. Abacamanza b’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (CPI) rw’i La Haye mu Buholandi batangaje ko bashyizeho impapuro zo guta muri yombi perezida Vladimir Putin w'Uburusiya. Urukiko rumukekaho ibyaha by’intambara muri Ukraine. Ingaruka ni izihe? Ahubwo se ruzabasha kumuta muri yombi?
Ingabo za Uganda zinjiye ku mugaragaro muri Kongo.U Rwanda rurateganye gutangiza uburyo bwo kurangiza imanza hakoreshejwe uburyo bw’ubuhuza. Umushumba wa Kiliziya Gatolika umaze iminsi yitabwaho n’abaganga ashobora kuva mu bitaro kuri uyu wa gatandatu.
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika yashyiriweho inyandiko y’ibirego yamaze gushyikirizwa ubutabera muri Leta ya New York. Ingabo za Uganda zinjiye ku mugaragaro muri Repubulika Kongo. Umushumba wa Kiliziya Gatolika ashobora kuva mu bitaro kuri uyu wa gatandatu.