gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Mu Rwanda Indwara ya marbug imaze guhitana abantu 6.Amerika yatangaje ko yagabye ibitero bibiri muri Siriya bigahitana abarwanyi ba leta ya kiyisilamu barenga 60 muri uku kwezi kwa cyenda.Igisasu cyaturikiye i Mogadishu mu murwa mukuru wa Somaliya gihitana abantu batandatu abandi 10 barakomereka.
Iwanyu mu ntara
Mu Rwanda Indwara ya marbug imaze guhitana abantu 6. Ubuyobozi burakangurira abaturage kwirinda.Mu Burundi, abacukura ubutare bavuga ko bakora bahomba kubera ko Banki nkuru y’igihugu ibugura ku mafaranga make. USA yagabye ibitero muri Siriya bihitana abarwanyi ba leta ya kiyisilamu barenga 60
Murisanga
Uyu munsi wari taliki ntarengwa kuri bamwe mu bororera mu mujyi wa Kigali kuba bahakuye amatungo yabo bagashaka ahandi bajya kororera nkuko babisabwe n’ubuyobozi bw’umujyi. Bamwe muri aba borozi bavuga ko iki cyemezo cyabatunguye kandi kibangamiye imibereho yabo. Ni byo tuganiraho uyu munsi