gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Urubanza rw'abashinjwa iyicarubozo muri gereza ya rubavu mu Rwanda rurakomeje. Mu Burudi, abagore baheruka kugaruka mu gihugu bavuye mu buhungiro baravuga ko bugarijwe n’ibibazo byo guharikwa kubera ubukene.Muri Afurika y’epfo, ishyaka ANC, ryafashe icyemezo cyo guhagarika Jacob Zuma.
Iwanyu mu ntara
Mu Burudi, abagore baheruka kugaruka mu gihugu bavuye mu buhungiro baravuga ko bugarijwe n’ibibazo byo guharikwa kubera ubukene.Muri Afurika y’epfo, ishyaka ANC, ryafashe icyemezo cyo guhagarika Jacob Zuma.Minisitiri w’intebe w'Ubutaliyani, Giorgia Meloni, arasaba Afrika ubutwererane bushyashya.
Amakuru ku Mugoroba
Igisirikare cy’Uburundi cyatangaje ko cyiteguye intambara igihe u Rwanda rwakoma imbarutso. Muri Repuburika ya demokarasi ya Kongo, imirwano ikomeje gusatira umujyi muto wa Sake. Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha CPI rurarega leta ya Sudani n'umutwe wa RSF ibyaha by'intambara muri Darfur.