gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:30
Iwanyu mu ntara
Mu burasirazuba bwa Kongo, abantu 22 barimo 4 bakoreraga umuryango ukora ubutabazi TEARFUND bishwe n’isoresore zo muri teritwari ya Lubero. Urukiko rw’ikirenga rwa Leta zunze ubumwe z’Amerika, rwanzuye ko uwari umukuru w’igihugu afite ubudahangarwa butuma adashobora gukurikiranwa mu nkiko.
16:00 - 16:59
19:30 - 20:00
Amakuru ku Mugoroba
Igiciro cy’indagara mu Burundi kimaze kwikuba inshuro 3 bitewe n’ibura ryazo ku masoko yo mu gihugu. Muri Tanzaniya abana babarirwa mu bihumbi mu nkambi za Nduta na Nyarugusu bugarijwe n’indwara ya bwaki. Abateguye imyigaragambyo isaba iyegura rya Prezida William Ruto bahinduye umuvuno.