gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:29
16:00 - 16:59
Murisanga
Taliki 30 z'ukwa cyenda yari ntarengwa kuri bamwe mu bororera mu mujyi wa Kigali kuba bahakuye amatungo yabo bagashaka ahandi bajya kororera nkuko babisabwe n’ubuyobozi bw’umujyi. Bamwe muri aba borozi bavuga ko iki cyemezo cyabatunguye kandi kibangamiye imibereho yabo. Ni byo tuganiraho uyu munsi
18:00 - 18:29
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
RDC: Ubwato bwari butwaye abantu barenga 400 bwarohamye hafi y’i Goma. Abantu 52 barokotse abandi baracyashakishwa. Perezida Macron w’Ubufaransa arashaka guhuza Perezida Kagame w’u Rwanda na Tshisekedi wa Kongo. Isirayeli yangiye Umunyamabanga Mukuru wa ONU gukandagiza ikirenge ku butaka bwayo.