gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Uburundi bugiye kwakira inama y'ibihugu biri mu muryango wa COMESA. Abatavuga rumwe n'ubutegetsi muri Mozambike bitwaye basaba ko amatora asubirwamwo. Ibikorwa y'urugomo bakoze i Maputo bihangayikishije abanyarwanda bahatuye. Prezida w' Amerika, Joe Biden, kuri uyu wa mbere yaratoye.
Murisanga
Uko imbuga mpuzambaga mu Burundi, mu Rwanda n’ahandi ku isi zikora. Umunyamategeko Jean Paul Ibambe aratuganniriza kuri icyo kibazo muri Murisanga. Ibambe arimo kunoza iby'itangazamakuru n'amategeko muri Kaminuza ya Arizona State University i Phoenix hano muri Amerika muri Porogaramu Humphrey.
Amakuru ku Mugoroba
Mu Burundi abagore n’abana bakuwe mu vyabo n’ingaruka z'ihindagurika ry'ibihe babayeho nabi muri site Martyazo. Bamwe mu banyagihugu bo muri Kongo bifuza ko ingabo za MONUSCO zitaha. Koreya y’Epfo yavuze ko Koreya ya Ruguru niramuka ishyigikiye Uburusiya, ishobora kuzahita iha ibirwanisho Ukraine.