gahunda y'itangazamakuru
05:30 - 05:59
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Mu Burundi, uwahoze ari minisitiri w’intebe Alain Guillaume Bunyoni yaburanishirijwe. Muri Kongo, abasenateri 4 ni bo batorewe guhagararira intara ya Kivu ya ruguru mu nteko ishinga amategeko Mu Rwanda, mu duce tumwe baracyakoresha uburyo bwo guheka mu ngobyi gakondo abarwayi babajyana kwa muganga.
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Muri Afurika y’epfo abaturage barazindukira mu matora rusange ashobora kuzaba atandukanye n’amaze imyaka 30 aba muri icyo gihugu. Mu Amakipe azakina kimwe cya kabiri cya BAL ni izo muri Angola, Afurika y'Epfo, Nijeriya na Libiya . Isirayeli ikomeje kwima amatwi amahanga igaba ibitero muri Rafah.