gahunda y'itangazamakuru
Ejo
Ikiganiro Ejo cy'uyu munsi kiragaruka kuri bimwe mu bibazo bireba urubyiruko rwitegura gushinga urugo. Kimwe mu bibazo abashaka kurushainga bibaza ni ukumenya niba bazavanga cyangwa bazavangura umutungo wabo. Ese kuvangura umutungo bifasha abashakanya kubana neza cyangwa byabateza guhora bahanganye?
Amakuru mu Gitondo
Gervais Rufyikiri, wigeze kuba visi-perezida wa kabiri wa Repubulika y’Uburundi, yaratahutse nyuma y’imyaka icyenda amaze mu buhingiro.Muri Amerika, kaminuza zirashishikariza abanyeshuli bazo b’abanyamahanga bari mu biruhuko kwihutira kugaruka ku mashuli mbere y’uko Donald Trump, arahira.
Amakuru y'Akarere
Gervais Rufyikiri, wigeze kuba visi-perezida wa kabiri wa Repubulika y’Uburundi, yaratahutse nyuma y’imyaka icyenda amaze mu buhingiro.Ibitero bya Isiraheri mu ntara ya Gaza byatumye ibitaro rukumbi byari bisigaye mu majyaruguru ya Gaza bifunga.Misile z'Uburusiya ni zo zahanuye indege ya Azeribaijan