gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Perezida w’Amerika, Joe Biden, yaraye agejeje ijambo ku nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye, ku nshuro ya nyuma ari Perezida Uburundi burashaka kohereza ingabo zabwo kugarura umutekano muri Hayiti RDC: Guverineri w’intara ya Kivu y’Epfo yategetse ko ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro busubukurwa
Iwanyu mu ntara
Perezida w’Amerika Joe Biden yasabye ko intambara zo mu burasirasuba bwo hagati zahagarara. Mu Rwanda abororera mu mujyi wa Kigali basabwe kuba bimuye amatungo yabo bitarenze tariki ya 30 z’uku kwezi kwa cyenda . Uburundi bwiteguye kohereza ingabo zabwo kugarura umutekano muri Hayiti.
Amakuru y'Akarere
Perezida w’Amerika Joe Biden yasabye ko intambara zo mu burasirasuba bwo hagati zahagarara. Mu Rwanda abororera mu mujyi wa Kigali basabwe kuba bimuye amatungo yabo bitarenze tariki ya 30 z’uku kwezi kwa cyenda . Uburundi bwiteguye kohereza ingabo zabwo kugarura umutekano muri Hayiti.