gahunda y'itangazamakuru
05:30 - 05:59
Amakuru mu Gitondo
Perezida Paul Kagame yaraye yiyamye bimwe mu bihugu bituranye n’u Rwanda avuga ko bishaka kurukururaho intambara. Leta y’Uburundi yavuze ko yatangajwe n’ibirego bitagira ishingiro kandi by’ibinyoma Leta y’u Rwanda yegetse kuri Perezida w’Uburundi.M23 iravuga ku bitero byahitanye abayobozi bayo.
13:00 - 13:30
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Perezida Paul Kagame yasabye abategetsi b'u Rwanda kureka umuco wa nyamwigendaho kuko bituma byinshi bipfa aho gukira. Muri Tanzaniya, ishyaka CHADEMA ryakoresheje imyigaragambyo yo gusaba ko ububasha bw’umukuru w’igihugu bugabanuka. Kotedivuwari yirukanye umutoza w'ikipi y'igihugu imaze gutsindwa.