gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Leta y’u Rwanda yamaganye ibyavuzwe na perezida w'Uburundi wasabye Abanyarwanda kudakomeza kuba imbohe z’ibyemezo bifatwa n’abayobozi babo. Inama y'igihugu y'umushyikirano yatangiye mu Rwanda uyu munsi. Umukuru w'igihugu cya Ukraine yatangaje kuri uyu wa mbere ivugurura ry'itegeko nshinga.
Amakuru y'Akarere
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yijeje Abanyarwanda ko igihugu gitekanye kandi ko yiteguye guhangana n’uwo ari we wese, washaka kukivutsa umudendezo. Uburundi buramagana ibirego by'u Rwanda. Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko yiyemeje kwongera ubufatanye n’ibihugu byo ku mugabaqne w’Afurika.
Amakuru ku Mugoroba
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yijeje Abanyarwanda ko igihugu gitekanye kandi ko yiteguye guhangana n’uwo ari we wese, washaka kukivutsa umudendezo. Uburundi buramagana ibirego by'u Rwanda. Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko yiyemeje kwongera ubufatanye n’ibihugu byo ku mugabaqne w’Afurika.