gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Perezida Evariste Ndayishimiye, ejo yagejeje ijambo ku Nama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye. Mu Rwanda, urubyiruko rurasabwa kubaka amahoro arambye.Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, sosiyete sivile ya teritware ya Nyiragongo irasaba ingabo z’igihugu FARDC kongera imbaraga ku mupaka n’u Rwanda.
Murisanga
Mu kiganiro, “Murisanga” c’uyu musi, turavuga ku ngingo iherutse gufatwa yo kwemerera icese umuryango w’ubumwe bwa Afrika mu murwi G-20 w’ibihugu 20 biteye imbere kurusha ibindi kw’isi mu vyerekeye ubutunzi. Ukwemererwa kw’umuryango w’Ubumwe bwa Afrika mu murwi G-20 bivuze iki kuri Afrika?
Amakuru y'Akarere
Mu Rwanda inzego z’ubutegetsi zatangiye kwimura abaturage bo mu karere ka Gisozi mu mujyi wa Kigali aho imvura iheruka kugwa ihitana abantu batatu. Isirayeli igiye gufungura ambasade yayo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo mu gihe iy’icyo gihugu yari isanzwe i Tel Aviv izimukira i Yerusalemu.
Amakuru ku Mugoroba
Mu Rwanda, abayobozi b’umujyi wa Kigali uyu munsi bimuye abaturage bo mu murenge wa Gisozi batuye mu mazu adakomeye. Perezida w’Uburundi, Evariste Ndayishimiye, aramagana mpatsibihugu itaracika. Somaliya irasaba ko gukurayo ingabo mpuzamahanga z’amahoro byaba bisubitswe amezi atatu