gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Barack Obama Wayoboye Amerika yavuze ijambo rishyigikira Kamala Harris mu nama rukokoma y'abademokrate.Mu Rwanda. ishyaka Green Party rirahakana ibibazo by’amakimbirane yaba aririmo.Urukiko rw’ikirenga muri Kenya rrwemeje kocitegeko rigenga imari ryo mu 2023 ridaciye ukubiri n’itegeko nshinga
Iwanyu mu ntara
Uwahoze ari Prezida wa USA, Barack Obama, yavuze ko Amerika yiteguye ko Kamala Harris aba Umukuru w’igihugu. Mu Rwanda. ishyaka Green Party rirahakana ibibazo by’amakimbirane yaba aririmo. Igisirikare cya Uganda kiravuga ko cyashenye inkambi z'abarwanyi ba LRA muri Repubulika ya Santrafurika.
Amakuru ku Mugoroba
U Rwanda rwatangiye gusenya insegero zitujuje ibyangombwa bahereye mu ntara y'Amajyaruguru. Barack Obama avuga ko Kamala Harris ari we ubereye kuyobora Amerika muri iki gihe.Muri Kenya abapolisi batanu bagejejwe mu rukiko baregwa gufasha umwicanyi ruharwa n’abandi 12 gutoroka kasho ya polisi.