Ikiganiro EJO kivuga ku BANA BO KUMIHANDA, Imico n’imyitwarire yabo mu muryango
Ubwongereza buhanganye n’Urukiko rw’Uburayi rushinzwe uburenganzirabwa muntu ku kibazo cyo kohereza abimukira mu Rwanda. Mu Burundi, abahinzi bo mu ntara z’amajyaruguru n’izo hagati mu gihugu barasaba uruganda rw’ifumbire FOMI kugabanya ibiciro.
Umuziki: Injyana zigezweho ndetse n'abakunzi basaba indirimbo bifuza ni uburyo Ijwi ry'Amerika ribanogera muri wikendi.
Murisanga (1400-1500 UTC): Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganire n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bifuza kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima bw'abantu.
Igisirikare cy’Uburundi FDNB kirashinja televiziyo y’u Rwanda gutanga amakuru y'ibinyoma. Mu Burundi kandi ibibazo by’ihindagurika ry’ibihe byateye amakenga ko umusaruro ushobora kuba mubi. Ibihugu vya G7 birashaka kongera ibihano ku Burusiya