Uburundi bwizihije imyaka 62 bumaze bubonye ubwigenge Ibigo by’Amerika biri mu burayi bishobora kugabwaho ibitero n’imitwe y’iterabwoba Muri Nijeriya abiyahuzi b’abagore biturikirijeho ibisasu byica 18 abandi 30 barakomereka
Perezida w’Uburundi arashima ngo ingabo z’igihugu cye zatabaye Kongo Ibigo by’Amerika biri mu burayi bishobora kugabwaho ibitero n’imitwe y’iterabwoba. Muri Nijeriya abiyahuzi b’abagore biturikirijeho ibisasu byica 18 abandi 30 barakomereka
Murisanga (1400-1500 UTC): Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganire n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bifuza kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima bw'abantu.
Amakuru y'Akarere (1600-1630 UTC): Amakuru atambuka i saa kumi n'ebyeri ku mugoroba mu Rwanda no mu Burundi. Akenshi, aya makuru yibanda ku karere k'ibiyaga bigari n'Afurika y'uburasirazuba.
Amakuru ku Mugoroba (1730-1800 UTC): Amakuru ashyushye yo mu Rwanda, mu Burundi, muri Afurika no hirya no hino kw’isi. Aha tubaha n’ubusesenguzi ndetse n’ibisobanuro byihariye ku makuru agezweho.