gahunda y'itangazamakuru
05:30 - 05:59
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Bamwe mu baturage b’Uburundi baravuga ko Perezida Ndayishimiye atarabageza ku byo yabasezeranyije mu myaska 4 amaze ku butegetsi. Mu Rwanda leta yashubije abaturage amazu bacururizagamo muri Santere ya Mahoko mu burengerazuba. Prezida w’Uburusiya Vladmir Putin ari mu ruzinduko muri Koreya ya Ruguru