gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Umutwe w’aparakomando umaze iminsi ine uhanganye n’ingabo za Leta mu murwa mukuru wa Sudani , Karthoum, wemeye guhagarika imirwano mu gihe cy’amasaha 24. Polisi y’Uburundi hamwe n’abakozi b’inzego z’iperereza basatse kuri uyu wa mbere mu ngo z’uwahoze ari Ministri w’Intebe Alain Guillaume Bunyoni.
Murisanga
U Rwanda n’Uburundi ni ibihugu bifite amateka y’ubwicanyi bushingiye ku moko. Byabaye mu bihe bitandukanye mu myaka yashize. Ni gute aya mateka yakwigisha urubyiruko rwo muri iki gihe n’ikizaza kwirinda kuzagwa mu kaga nk’ako? Ni byo Murisanga iganiraho n’umwanditsi w’ibitabo Claver Irakoze.
Amakuru y'Akarere
Mu Rwanda hari imiryango yo mu karere ka Kicukiro ivuga ko yabuze abantu bayo batwawe n’inzego z’umutekano. Uwahoze ari umushikiranganji wa mbere, Alain Guillaume Bunyoni, yoba yaratorotse igihugu. Igisirikare cya Sudani hamwe n’umutwe w’abasirikare barwanya ubutegetsi bemeye gushyira intwaro hasi.
Amakuru ku Mugoroba
Mu Rwanda imwe mu miryango yo mu karere ka Kicukiro ivuga ko yabuze abantu bayo batwawe n’inzego z’umutekano. Igisirikare cya Sudani hamwe n’umutwe w’abasirikare barwanya ubutegetsi bemeye gushyira intwaro hasi igihe kingana n’amasaha 24. FIBA yirukanye Uburusiya mu majonjora y’irushanwa ry’abagabo.