gahunda y'itangazamakuru
16:00 - 16:59
Murisanga
Murisanga (1400-1500 UTC): Inyeshyamba za M23 zivuga ko mubyo zirwanira harimo uburenganzira bw’Abanyekongo, cyane cyane abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi. Abo M23 ivuga ko irwanira babivugaho iki? Mu kiganiro cy’uyu munsi twatumiye Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Amakuru ku Mugoroba (1730-1800 UTC): Muri Tuniziya, abakozi ba leta bahagaritse akazi mu gihugu cyose uyu munsi. Imyiteguro ya nyuma yo kwakira inama ya CHOGM, inama y'abakuru b'ibihugu bihuriye ku rurimi rw'icyongereza iri ku musozo i Kigali mu Rwanda. Inama izatangira kuwa mbere.