gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Perezida w’Uburundi n'uwa Somaliya, barasaba ko intambara ibera muri Kongo yahagarara Ubwongereza: Urukiko rw’Ikirenga rwanzuye ko gahunda ya Leta yo kohereza abimukira mu Rwanda idakurikije amategeko Israeli yavuze ko indege zayo zarashe inzu ya Ismael Haniyeh ufatawa nk'umukuru w’umutwe wa Hamas
Amakuru y'Akarere
Inganda zenga inzoga y’urwagwa mu Rwanda zirataka igihombo nyuma yuko leta ishyizeho umusoro wa 30 ku ijana kuri izi nzoga. Prezida Joe Biden w’Amerika yabonanye na Xi Jinping w'Ubushinwa i San Francisco muri California ONU irimo gushaka uko ihungisha abari mu bitaro Al Shifa muri Gaza
Amakuru ku Mugoroba
Muri Kongo bamwe mu banyapolitike biyamamaza batangiye kubiba urwango mu baturage. Mu byumweru bibiri bishize, umutwe w'abarwanyi wa M23 waba umaze kwica abasirikare b'Abarundi barenga 10. Abadepite ba Kenya batoreye kohereza ingabo muri Hayiti gufasha iki gihugu kurwanya abanyarugomo