Ishyaka Green Party, ryongeye gutorera Frank Habineza kuriyobora no kuzarihagararira mu matora ya Perezida. Mu karere ka Bugenyuzi mu ntara ya Karusi iherereye mu majyaruguru y’Uburundi havugwa ikibazo cy'igurishwa ry’abana b'abakobwa.
Dusangire Ijambo iki cyumweru yagarutse ku ngaruka z'ikibazo cy'imvura nyinshi yibasiye cyane akarere ka Rubavu mu ntara y'uburengerazuba bw'u Rwanda. Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yasuye abakozweho bamubwira uko bamerewe.
Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganira n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bivufa kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima b'abantu.
Mu Burundi abantu 7 baguye mu mpanuka y’ubwato mu kiyaga cya Tanganyika. Ubutegetsi bwo muri Mali bwanenze icyegeranyo cya ONU kibushinja kwica abaturage bagera kuri 500 Muri Turukiya uyu munsi bari mu matora y’umukuru w’igihugu n’abagize inteko ishinga amategeko.