Ubutumwa b’ingabo z’amahoro za ONU muri Mali, bwarangiye ku mugaragaro uyu munsi kuwa mbere. Biden yatumiye Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ngo bazabonanire kuri perezidansi y’Amerika (Maison Blanche). Abanyamisiri bakomeje gutora ku munsi wa kabiri w’itora rya Perezida,