gahunda y'itangazamakuru
Iwanyu mu ntara
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Kongo rwemeje ko Felix Antoine Tshisekedi yatsinze amatora y'umukuru w’igihugu ku majwi 73%. Perezida Yoweri Museveni wa Uganda arahamagarira abarwanyi ba ADF basigaye kwitanga cyangwa bakarimbuka. Mu Burundi i Bjumbura havugwa ikibazo cy’imihanda.
Amakuru y'Akarere
Perezida wa Uganda yahamagariye abarwanyi b’umutwe ADF urwanya ubutegetsi bw’igihugu ciwe basigaye mu mashamba ya Kongo kwitanga cyangwa bakarimbuka. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika yaganiriye na Perezida wa Palestina, Mahmoud Abbas, ku byerekeye gutunganya neza inzego z'ubutegetsi.
Amakuru ku Mugoroba
Amerika irashaka inzira yo kuvugurura inzego z’ubutegetsi za Palestina. Perezida wa Ukraine, arimo arashakisha inkunga zo kwinjira muri OTAN no mu Muryango w’Ubulayi bwunze ubumwe. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, ari muri Cisjordaniya.