gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Mu gusoza 2024, Perezida Kagame yizeje ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu gukomeza kurinda umutekano ku mipaka. Naho Perezida Ndayishimiye w'Uburundi yihanangirije bamwe mu bayobozi barya ruswa ko iminsi yabo yarangiranye n'umwaka. Turabaha n'akanya ko kwifurizanya umwaka mushya wa 2025.
Iwanyu mu ntara
Mu gusoza umwaka, Perezida Ndayishimiye w'Uburundi yihanangirije bamwe mu bayobozi barya ruswa ko iminsi yabo yarangiranye na 2024. Naho Perezida Kagame yizeje ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu gukomeza kurinda umutekano ku mipaka. Turabaha n'akanya ko kwifurizanya umwaka mushya wa 2025.
Amakuru y'Akarere
Mu gusoza umwaka, Perezida Ndayishimiye w'Uburundi yihanangirije bamwe mu bayobozi barya ruswa ko iminsi yabo yarangiranye na 2024. Naho Perezida Kagame yizeje ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu gukomeza kurinda umutekano ku mipaka. Turabaha n'akanya ko kwifurizanya umwaka mushya wa 2025.
Amakuru ku Mugoroba
Muri Amerika, imodoka yagonze imbaga y’abantu 10 barapfa. Perezida watowe, Donald Trump, yatangaje ko azajya mw’itabaro ryo gusezera kuri nyakwigendera Perezida wa 39 Jimmy Carter. Muri Kenya. Perezida William Ruto yemeye ko abapolisi bakoze amabi atandukanye ku baturage bari mu myigaragambyo.