Cyokora, ibihugu by’amahanga byabashije kumva amavu n’amavuko y’icyo kibazo n’ingaruka cyateza mu gihe kitabonerwa umuti mu bihe bya vub
Abunganira Madame Ingabire babwiye urukiko ko nta bubasha rufite rwo kuburansha urwo rubanza.
Impuguke mu by’amategeko Evode Uwizeyimana uri I Montreal muri Canada avuga ko amategeko yatumye urwo rubanza rusubikwa.
Ni urugendo rwari rugamije kunoza umubano w’ibihugu byombi nyuma y’agatotsi kamaze imyaka itatu
Abanyamerika bibutse ku nshuro ya cumi ibitero by'iterabwoba byayigabweho taliki ya 11 y'ukwezi kwa cyenda muri 2001.
Gutegeka Libya nyuma y'ubutegetsi bw'imyaka 42 bwa Kadafi
Urukiko rwisumbuye rwa Huye mu majyepfo y’u Rwanda rwagize umwere Profeseri Runyinya Barabwiriza, wari umujyanama w’uwahoze ari perezida w’u Rwanda Habyalimana Yuvenali.
Igitabo kitwa “Inkundura: amateka y’intambara ya ruhekura yakuyeho igitugu ikimika ikindi” cyanditswe na Yohani Batisita Nkuliyingoma.
Bafashe uwo mwanzuro babitewe n’icyemezo cy’urukiko cyo kohereza umwe muri bagenzi babo Pasiteri Uwinkindi kuburanira mu Rwanda.
Ni Pasiteri Uwinkindi ubwe wababimburiye kwiyicisha inzara
Ubwo bwigenge bwemejwe muri kamarampaka yabaye mu kwezi kwa mbere mu mwaka wa 2011.
Bahuriye i Buruseli mu gikorwa cyo kwibuka Nyakwigendera Seth Sendashonga.
Bamwe mu banyarwanda bari bazi imibereho cyangwa bakoranye na Nyakwigendera Seti Sendashonga baganiye ku murage n’ibitekerezo bya politiki yari afite. Ibyo biganiro byabaye taliki ya 25 y’ukwa gatandatu muri 2011 I Buruseli mu Bubiligi mu rwego rw’ikigo bashinze kitiriwe Seti Sendashonga.
Wari umwanya wo kuganira ku murage no ku bitekerezo bya Seti Sendashonga kuri demokarasi y’abaturage yashyiraga imbere.
Baganiye ku murage no ku bitekerezo bya demokarasi y’abaturage yashyiraga imbere.
Insanganyamatsiko y’icyo gikorwa ni “ Agaciro- Umurage wacu- ejo hazaza hacu”
Inkiko gacaca zizasigira abanyarwanda umurage uteye ute?
Urukiko rwa Arusha rwahamije ibyaha bya genoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu abari abayobozi bakuru b’ingabo n’abajandarume.
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yizihije ku buryo bwihariye igikorwa cyo gushyira mu rwego rw’abahire Papa Yohani Pahulo wa kabiri wigeze gu
Uwahoze ari perezida wa Cote d’Ivoire Laurent Gbagbo, umugore we Simone Gbagbo barafunze
Voma ibindi