Uyu munsi mu mateka: Ku itariki ya 6 z’ukwezi kwa kane 1994, nibwo ba Perezida Juvenal Habyarimana w’u Rwanda na Cyprien Ntaryamira w’Uburundi baguye mu mpanuka y’indege.
Bari bavuye mu nama yari yabereye i Dar-Es-salam muri Tanzaniya. Intandaro n’uburyo iyo ndege yahanuwemo kugeza n’ubu ntibuvugwaho rumwe.
Inkuru y'umumenyeshamakuru w'ijwi ry'Amerika Venuste Nshimiyimana
Your browser doesn’t support HTML5
Imyaka 26 Irarangiye Perezida Habyarimana na Ntaryamira Baguye mu Mpanuka y’Indege.