Amakuru ku Mugoroba
Your browser doesn’t support HTML5
Perezida wa 47 w’Amerika yarahiye ati: “Jyewe, Donald J. Trump, ndahiriye ku mugaragaro ko nzakora n’umutima wanjye wose akazi ka perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, kandi ko, uko nshoboye kose, nzabungabunga, nzarengera itegeko nshinga rya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Imana ibimfashemo.”