Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Indorerezi impuzamahanga zakurikiranye amatora yo mu Rwanda batangaje ko yagenze neza nta muvundo. Cyokora, hari inama bagiriye komisiyo y'amatora. Nyuma y’imyaka hafi ine apfuye, uwahoze ari prezida w’Uburundi Petero Buyoya yashyinguwe iwe mu ntara ya Bururi