Amakuru ku Mugoroba
Your browser doesn’t support HTML5
Mu Rwanda, hari bacunga gereza baba bafunzwe. Imiryango ya bamwe muri bo irabatabariza. Mu Burundi abarobyi baroba mu kiyaga cya Tanganyika bavuga ko umusaruro w'amafi wagabanutse. Urubanza rw’uwahoze ari perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump rwatangiye kuburanishwa mu mizi