Amakuru mu Gitondo

Your browser doesn’t support HTML5

Abakozi b’inteko ishinga amategeko y’intara ya Kivu y’Epfo bari mu myigaragambyo yo gusaba leta kubishyura ibirarane by’imishahara yabo.Muri Kongo M23 yarwanye n’ingabo z’igihugu barwaniye i Sake mu ntara ya Kivu ya Ruguru.Naho perezida wa Polonye, Andrzej Duda, ari mu ruzinduko mu Rwanda.