Amakuru mu Gitondo
Your browser doesn’t support HTML5
Abakozi b’inteko ishinga amategeko y’intara ya Kivu y’Epfo bari mu myigaragambyo yo gusaba leta kubishyura ibirarane by’imishahara yabo.Muri Kongo M23 yarwanye n’ingabo z’igihugu barwaniye i Sake mu ntara ya Kivu ya Ruguru.Naho perezida wa Polonye, Andrzej Duda, ari mu ruzinduko mu Rwanda.