Iwanyu mu ntara
Your browser doesn’t support HTML5
Prezida w’u Rwanda Paul Kagame aravuga ko yiteguye guhangana n’uwari we wese, wahirahira ashaka kuvutsa igihugu cye umudendezo. Uburundi buravuga ko bwatangajwe n’ibirego bitagira ishingiro kandi by’ibinyoma bya Leta y’u Rwanda. Turavuga no ku bitero byagabwe ku bayobozi ba M23.