Amakuru mu Gitondo
Your browser doesn’t support HTML5
Perezida Paul Kagame yaraye yiyamye bimwe mu bihugu bituranye n’u Rwanda avuga ko bishaka kurukururaho intambara.
Leta y’Uburundi yavuze ko yatangajwe n’ibirego bitagira ishingiro kandi by’ibinyoma Leta y’u Rwanda yegetse kuri Perezida w’Uburundi.M23 iravuga ku bitero byahitanye abayobozi bayo.