Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

U Rwanda ruvuga ko abasirikare batatu ba Kongo baba binjiye mu Rwanda muri iri joro ryakeye. Umwe yaba yishwe. Muri Uganda hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu 120 by’Umuryango w’abatagira aho babogamiye. Antonio Guterres arasaba byihutirwa agahenge ko kugeza imfashanyo muri Gaza.