Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda huzuye ikigo cy’ubuzima kizajya kita ku ndwara zo mu mutwe ku buryo bugezweho. Umuryango w’Afurika yunze ubumwe na Amerika bisaba ituze mw’ihembe ry’Afurika. Vatikani irahumuriza abasenyeri nyuma Papa Fransisko yemereye abapadiri guha umugisha abakundana basangiye ibitsina