Amakuru ku Mugoroba
Your browser doesn’t support HTML5
Muri Kongo abaturage muri Masisi na Rutshuru bakomeje kwibaza uburyo bazahagararirwa mu myanya ya politiki kandi nta matora ahateganyijwe ubu.Mu Rwanda amatora yashyiwe ku itariki ya 14 na 15 y’ukwa karindwi 2024. Perezida wa Ukraine Zelenskyy yagiranye ibiganiro na Perezida Biden i Washington.