Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Inganda zenga inzoga y’urwagwa mu Rwanda zirataka igihombo nyuma yuko leta ishyizeho umusoro wa 30 ku ijana kuri izi nzoga. Prezida Joe Biden w’Amerika yabonanye na Xi Jinping w'Ubushinwa i San Francisco muri California ONU irimo gushaka uko ihungisha abari mu bitaro Al Shifa muri Gaza