Amakuru mu Gitondo

Your browser doesn’t support HTML5

Inyeshyamba za RED Tabara zigambye igitero cyahitanye abantu 2 muri komine Gihanga mu ntara ya Bubanza. Perezida Paul Kagame aravuga ko Leta Zunze ubumwe z’Amerika ishyira imbere inyugu zayo ku mabuye y’agaciro muri Afurika kuruta inyungu ku ndangagaciro z’Afurika.