Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda abayobozi 10 barimo abakuru b’uturere batatu bo mu ntara y’amajyarugu bavanywe ku mirimo yabo. Kuri uyu wa gatatu isi yose irizihiza umunsi w’abasangwabutaka. Abo mu Rwanda baravuga ko Leta itabemerera gukora ibirori.