Amakuru mu Gitondo

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Burundi, Abanyamakamba bataba mu mijyi ntibaramenya ko gufungura ubugari bw’umwubati bita Kambaranga, no kunywa inzoga ziva mu bitoki, bishobora kubatera diyabeti. Mu Rwanda, karere ka Rubavu mu ntara y’uburengerazuba hari imibiri isaga 10 imaze imyaka itanu ibonetse ariko ibyayo ni amayobera.