Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

U Rwanda rwatangiye gushyingura abahitanywe n’imvura. Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, arasaba ko hajyaho urukiko mpuzamahanga rwakukirana Uburusiya.Muri Sudani, intambara yakomeje uyu munsi kandi impande zombi zari ziyemeje gutangira agahenge uyu munsi kuwa kane.